Ni kenshi uzumva umuntu ataka ngo arababara ahantu runaka mu ngingo ariko ntamenye impamvu yaba ibimutera.

Mu mubiri w’umuntu habamo amagufwa, imikaya n’imitsi. Hagati y’amagufwa n’imikaya habamo udutsi tubihuza (Tendons), ni dutsi tuba ahantu hatandukanye nko hejuru y’agatsinsino (ku gitsi), ku gipfunsi, mu ntugu, mu nkokora no hejuru y’ikibuno.

Utwo dutsi (tendons) turakweduka bihagije kandi turakomera. Iyo umuntu akora ntaruhuke akoresha ingingo runaka z’umubiri cyangwa se agakora siporo nabwo ntamenye ko hari aho agomba kugarukira, twa dutsi turananirwa hakabaho ukwikubanaho kwatwo n’amagufa, noneho yaba agize icyo akora, agatangira kumva ababara ahantu runaka mu ngingo. Iyo ni yo ndwara bita “Tendinite”.

Ese wari uzi ko hari food supplement (inyunganiramirire) z’umwimerere zagufasha kwirinda no kurwanya indwara ya Tendinite (Tendinitis)?

Ubu IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE kibafitiye inyunganiramirire (food supplements) z’umwimerere zirimo: Shark Chondroitin capsules, Power resource, Reishi Capsule, Golden six capsule, High calcium protein powder na Spirulina tabletszifasha cyane mu kurwanya indwara ya tendinite n’izindi ndwara z’amagufwa. Izi nyunganiramirire (food supplements) zirizewe kuko ku ruhando mpuzamahanga kuko zifite ibyangombwa by'ubuziranenge bitangwa FDA (Food and Drugs Administration) kandi nta ngaruka mbi zigira ku buzima bw’uwazikoresheje.

Ese ni ibihe bimenyetso bigaragaza ko umuntu arwaye Tendinite

Ibimenyetso bishobora gutandukana bitewe n'aho tendon yangiritse, ariko bimwe mu bimenyetso bikunze kugaragara harimo:

  1. Kubabara mu gice (ingingo) cyafashwe,
  2. Kubyimba mu ngingo,
  3. Kumva ubushyuhe bukabije mu gice cyafashwe
  4. Kugabanuka kw'imbaraga mu gice cyafashwe
  5. Kumva ububabare iyo umuntu yimura cyangwa akoresha icyo gice
  6. Ububabare budashira
  7. Kugabanuka kw'imikorere y'ingingo
  8. Gucika kwa tendon (tendon rupture)
  9. Ubumuga bwo kudakoresha neza igice cyafashwe
  10. Kugabanuka kw'ubushobozi bwo gukora imirimo ya buri munsi itandukanye

Nubwo tendinite ikunze kuba indwara ivurwa neza iyo ikurikiranywe hakiri kare, kuyirangarana bishobora gutera ibibazo bikomeye birimo ububabare budashira, kugabanuka kw'imikorere y'ingingo ndetse no gucika kwa tendon. Ni ngombwa kugana muganga igihe ubona ububabare cyangwa uburibwe budasanzwe mu ngingo cyangwa mu gice gihuza imikaya n'amagufa.

Mwifuza ibindi bisobanuro cyangwa ubufasha ku buzima mwadusanga kuri address zikurikira;                          

ADDRESS

IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) / 0788865515 (WHATSAPP)

E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw