Igicuri (Epilepsy) n’indwara ifata ku bwonko nyirizina. Umurwayi wayo agaragaza ibimenyetso binyuranye kandi ikaba ishobora kwigaragaza bitewe n’ubwoko bwayo kuko igira amoko menshi.
Ese wari uziko ushobora kugabanya ibyago byo kurwara indwara y’igicuri wifashishije food supplements z’umwimerere zikomoka ku bimera?
Ubu IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE kibafitiye inyunganiramirire (food supplements) zirimo: Deep sea fish oil soft capsule, Super Q-10 capsule, Codryroyal jelly Capsule, Cordy active capsule na Spirulina tablets zikungahaye ku ntungamubiri zifasha mu kubungabunga uturemangingo tw’ubwonko ndetse no kurwanya indwara ya alzeimer’s. Izi nyunganiramirire (food supplements) zirizewe kuko ku ruhando mpuzamahanga kuko zifite ibyangombwa by'ubuziranenge bitangwa na HALAL.
Indwara y’igicuri, ikunze kugaragara cyane, ni igira ibimenyetso nko gufata umuntu akitura hasi akagagara,agakubita umutwe hasi,akarashya amaboko n’amaguru.
Icyo gicuri ntigitura umuntu hasi ariko gifata ku bwonko. Kirangwa n’uko umurwayi wacyo atakaza ubwenge yicaye cyangwa ahagaze, ku buryo abo bari kumwe bashobora kubibona cyangwa nawe akabyiyumvaho ko abutakaje, Akaba yamara igihe gito abutakaje nyuma bukagaruka.
Ubwoko bwa gatatu, ni igicuri kidafata ibice byose by’umubiri nacyo gifata ku bwonko, ariko bitewe n’agace k’ubwonko kafashwe hakagagara nk’igice kimwe cy’umubiri. Hari abo usanga bagagara nk’ibice by’intoki, urugero nk’igikumwe, ibiganza, akaboko cyangwa igice kimwe cyo mu maso n’ahandi. Muri rusange indwara y’igicuri ntivukanwa ahubwo hari ibiyitera.
Ese iyi ndwara yaba iterwa niki?
Kimwe mu by’ingenzi bituma indwara y’igicuri ifata umuntu, harimo kuba yakora impanuka ituma akomereka ku mutwe akaba yakwangirika ku bwonko kuburyo. Hari n’abandi barwara igicuri bitewe n’uburyo bavutsemo, Urugero nk’abana bato bakivuka hari ukuntu umubyeyi ashobora gutinda ku nda umwana akavuka yananiwe agatinda kurira, hari igihe avuka yababaye ku bwonko akaba yakurizamo igicuri. Hari abakirwara bitewe n’uburwayi bahuye nabwo.
Ubushakashatsi butandukanye mu by’ubuzima bwerekana ko iyo umuntu yigeze kurwara indwara ya Mugiga ,ngo iyi ndwara ishobora gusigira uwayirwaye ubusembwa bwagera ku bwonko ku buryo byamuviramo indwara y’igicuri. Bugaragaza kandi ko har’abashobora kuvuka nko mu muryango umwe bakaba bafite udutsi tudatunganye neza ku bwonko bikaba byabaviramo uburwayi igicuri.
Kurwara ibibyimba ku bwonko nabo ngo bishobora kubatera ubumuga bwabaviramo igicuri.
Dore Ingaruka mbi ziterwa n’indwara igicuri
- Gukomereka bitewe no kwitura hasi,
- Kwangirika k’ubwonko,
- Guhumeka nabi,
- Urupfu rutunguranye (Sudden death),
- Kugabanuka kw’ubushobozi bwo kwibuka no kwiga,
- Kugira agahinda gakabije (Depression) n’Ubwoba (Anxiety),
- Guhorana ipfunwe,
- Guhezwa no kutagirirwa ikizere cyo gukora imwe mu mirimo nko gutwara imodoka n’ibindi.
Igicuri ni indwara ishobora kugira ingaruka zikomeye ku mubiri, ku bwonko no ku mibereho rusange, cyane cyane iyo kitavuwe neza. Ariko iyo gikurikiranwe hakiri kare umurwayi ashobora kubaho ubuzima bwiza kandi butekanye.
Mwifuza ibindi bisobanuro cyangwa ubufasha ku buzima mwadusanga kuri address zikurikira;
ADDRESS
IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) / 0788865515 (WHATSAPP)
E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
www.kundubuzima.rw

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)
Telephone: (+250) 788865515
Email: info@kundubuzima.rw