Kugira ubushake n’ubushobozi bwo gukora imibonano mpuzabitsina uko bikwiye ni ipfundo ry’urukundo n’imibanire myiza ku bashakanye n’abakundana muri rusange.
Kubura ubushake ku bagore bw’imibonano mpuzabitsina bigaragazwa n’uko umugore atagaragaza kwishima ku rugero rwo hejuru (orgasm) byakagombye kujyana n’imigendekere y’igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.
Ibi bikagaragazwa na bimwe mu bimenyetso nko kutanezezwa n’imibonano mpuzabitsina, kutagira imihindukire mu misusire y’imyanya ndangagitsina, kuba nk’aho nta mpinduka zidasanzwe ku gitsina gore mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, no kutarangiza k’umugore.
Bimaze kugaragara ko icyibazo cyo kubura ubushake no gucika intege mu mibonano mpuzabitsina kigenda kibasira abagore benshi muri iyi minsi.
Zimwe mu mpamvu zishobora gutera iki kibazo harimo:
- Kudakura neza
- Imihindagurikire y’imisemburo mu mubiri (kugabanuka kwa Ostreogen)
- Kurya nabi
- Stress (umunaniro ukabije),agahinda gakabije
- Ubwoba bw’imibonano mpuzabitsina
- Kutisanzura ku mukunzi wawe
- Gutinya gutwara inda
- Umubyibuho ukabije
- Ihohoterwa rishingiye ku gitsina
- Uburwayi butandukanye nk’umugongo, impyiko...
Mugushaka ibisubizo by’ibi bibazo abagore bahura nabyo cyane cyane mu gukora imibonano muzabitsina
IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Ryabazaniye
Umuti mwimerere ukoze mu bimera witwa MINILOVE (Lady Gel) W’igitangaza
MINILOVE IKORA GUTE
MINILOVE ni umuti wingenzi ku bagore kuko wongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ,gutuma igikorwa cyo gutera akabariro kigenda neza binyuze mu kongera ubushake ndetse no gutuma amaraso atembera neza mu gitsina cy’umugore aribyo bituma igikorwa cyo gutera akabariro kigenda neza ndetse kikanyura abari kugikora.
AKAMARO KA MINILOVE YA FUKANG
- Yongera ubashake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
- Yongerera ubuzima imyanya myibarukiro y’umugore
- Irinda ikanakiza infection vaginale ku bagore n’abakobwa
- Ifasha imitsi itwara amaraso mu gitsina gukora neza bigatuma amaraso atembera neza
- Ikura impumuro mbi mu mu gitsina cy’umugore n’umukobwa
- Yongera ububobere mu gitsina bigatuma imibonano mpuzabitsina igenda neza ku bagore n’abakobwa
- Iringaniza imisemburo y’abagore n’abakobwa
- Irinda imihindagurike y’imihango
- Ikiza kubabara mu gihe cy’imihango ku bagore n’abakobwa
- Yongera amavangingo ku bagore n’abakobwa
- Yongera imikorere myiza y’ubwonko mu gihe cyo gutera akabariro bituma umugore agera ku byishimo bye bya nyuma (kurangiza,orgasm) ku buryo bworoshye kandi vuba.
- Yongera akanyamuneza ku mugore akaryoherwa n’igikorwa cyo gutera akabariro
- Yihutisha itembera ry’amaraso mu gitsina cy’umugore cyangwa umukobwa
- Itanga ibyishimo ku muryango hagati y’abashakanye.
DORE UKO BAKORESHA MINILOVE
Ukaraba intoki neza warangiza ugakanda ibitonyanga hagati ya 2 na 3 ku ntoki wakarabye hanyuma ugasiga ku gitsina ukora massage nibura iminota 2.
Twabibutsako uyu muti ukozwe mu bimera ijana ku ijana(100%) nta ngaruka mbi ugira ku muntu uwukoresheje
ICYITONDERWA
- Uyu muti ukoreshwa inyuma gusa ntibyemewe kuwunya
- Ntabwo ukoreshwa mu kwirinda indwara zandurira mu mibonanompuzabitsina
ADDRESS
IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) / 0788865515 (WHATSAPP)
E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
www.kundubuzima.rw

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASI muri 0 (Ground Floor)
Telephone: (+250) 788865515
Email: info@kundubuzima.rw