Kanseri yo mu maraso ni indwara ifata uturemangingo tw’amaraso twera twitwa lymphocyte.utwo turemangingo tukabaho dusandaguje mu maraso kandi tugakomeza kubyara utundi dufite ikibazo, tukibasira impyiko n’urwagashya .

 izwi ku izina rya Leukemiaikaba ari kanseri ifata mu musokoro w’amagufwa ,uyu musokoro ukaba ufasha mu ikorwa ry’uturemangingo tw’amaraso dutukura (Red blood cells ),iz’umweru (White blood cells)na platelets

Bigenda gute ngo kanseri ikwirakwire mu maraso

Kanseri yo mu maraso itangirira mu mihindagurikire mu makuru y’uturemangingo sano, Aho amakuru ya DNAariyo agena imikorere n’imyororokere ya buri karemangingo ,iyo rero habaye impinduka muri ayo makuru bitera ,imikorere mibi ndetse n’imyororokere mibi  y’uturemangingo aho bitera ivuka ry’uturemangingo twinshi ariko tumeze nabi aritwo tubyara kanseri

Iyo byagenze gutya rero intete nziza z’amaraso ndetse n’udufashi  biragabanuka ,umuntu agatangira kugaragaza ibimenyetso bya kanseri.

IBIMENYETSO BYA KANSERI YO MU MARASO

  1. kurwaragurika
  2. kubabara mu nda cyane igihe kinini kandi gihoraho
  3. kubabara mu muhogo
  4. gupfuka umusatsi iyo yakurenze
  5. kunanirwa guhumeka
  6. guhora ukonje cyane
  7. inzara z’amano n’intoki zihinduka umukara
  8. Gutakaza ibiro nta mpamvu izwi
  9. Kubyimba umwijima n’urwagashya
  10. Kuva amaraso byoroshye
  11. Guhora uva imyuna kenshi
  12. Utubara twirabura ku ruhu
  13. Kubira ibyuya mu ijoro
  14. Kubabara mu magufwa
  15. Kugira umuriro no kumva ukonje
  16. Guhorana umunaniro uhoraho

Impamvu zongera ibyago byo gufatwa na kanseri yo mu maraso

a. Kuba warigeze kurwara ubundi burwayi bwa kanseri

Abahanga bavuga ko kuba warigeze guhabwa imiti ya kanseri irimo nk’imiti yifashisha ibinyabutabire bikaze ndetse n’ikoresha imirasire nka chemotherapy na Radiotherapy bikongerera ibyago byo gufatwa na kanseri yo mu maraso.

b. Ibibazo mu turemangingo tugena amaraso

Utu turemangingo iyo dufite ibibazo dushobora gutera kanseri yo mu maraso cyane cyane nk’ibibazo bya Down syndrome aho ibibazo ya Chromosome ya 21 ,iki kibazo kikaba kizwi kandi nka Trisomy 21.

c.Kuba warahuye kenshi n’ibinyabutabire bitandukanye

Ubushakashatsi bugaragaza ko ibinyabutabire nka Benzene ndetse n’ibindi bitandukanye bikomoka kuri peteroli byongera ibyago byo gufatwa na kanseri yo mu maraso.iyo ukoreye aho uhura nabyo kenshi.

d.Kunywa itabi

Itabi bigaragazwa ko ari nyirabayazana mu gutera ibibazo bya kanseri zitandukanye harimo na kanseri ifata mu maraso

e.Kuba mu muryango wawe harimo umuntu warwaye kanseri yo mu maraso

Nkuko twabibonye iyi kanseri ishobora kuba uruhererekane mu muryango bishyingiye ku bibazo byaba biri kuturemangingosano.

  kanseri y’amaraso yavurwa gute?

Ubuvuzi buhabwa umuntu ufite uburwayi bwa kanseri y’amaraso busa cyane n’ubuzi bundi butangwa bavura izindi kanseri harimo gukoresha ibinyabutabire ,gukoresha imirasire itwika uduce turwaye ,gusimbuza igice kirwaye kigakurwaho nibindi…

Mu buvuzi bwa  kanseri yo mu maraso hiyongera kuba hasimbuzwa umusokoro urwaye ,aribyo byitwa Stem cell transplant,aha umurwayi akurwamo umusokoro w’amagufwa urwaye ,hagashyirwamo undi utarwaye.

 Uko ubuvuzi bugenda butera imbere niko hagenda havumburwa uburyo bunyuranye bwo kuvura indwara; stem cells therapymu Kinyarwanda twavugako ari ubuvuzi bukoresha uturemangingofatizo muzi, mu yandi magambo ni ubuvuzi bukoresha uturemangingofatizo twari kuzavamo utundi.

Ubusanzwe iyo hakibaho gusamwa, kaba ari akaremangingo-fatizo kamwe kakagenda kishwanyaguza tukaba tubiri, tune, umunani, gutyo gutyo. Uko tugenda tuba twinshi niko tugenda twisobanura, aho tumwe duhinduka imikaya, utundi insoro z’amaraso,  amagufa ,uturemangigo tw’uruhu, utw’ubwonko, gutyo gutyo…. Iyi stem cellrero iba itarasobanuka ngo hamenyekane icyo izavamo niyo yifashishwa muri ubu bwoko bwo kuvura

Umuntu cyangwa inyamaswa bavuka bafite uturemangingofatizo(stem cells)duhagije ariko uko tugenda dukura tukagabanuka ku buryo ku myaka 30 tuba tumaze gutakaza 65% byatwo kandi utu turemangingo dufasha cyane mu kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri,tukarwanya indwara zitandukanye yewe n’indwara z ‘ibyorezo.

Kongera umubare rero w’utu turemangingo fatizo (Stem Cells); nukugaburira ndetse no gusubiza imbaraga n’ubuzima umutima,insoro z’amaraso,impyiko,uruhu,amagufa,ubwonko,imikaya,ibice byose bigize umubiri muri rusange.

 

Muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARErero twabazaniye Stem Cell Product

Inyunganiramirire zirihariye kandi z’ingenzi kuko zifite ubushobozi bwo kwinjira mu mikorere yose y’umubiri,mu ikorwa ry’uturemangingo dushya(cellules),zifite ubushobozi bwo gusazura uturemangingo(cellules) twashaje,ndetse zifite ubushobozi bwo kwihinduramo ubwoko bw’uturemangingo(cellules) dukenewe  mu mubiri

Zirimo: L CARE PLUS (PERFECT STEM CELL), L SUPREME VITA C, SUPER nutrition,ganoderma capsules,spirulina Tablets,ginseng plus capsules,REISHI CAPSULES

 Mwifuza ibindi bisobanuro cyangwa inama ku buzima n'imirire iboneye mwadusanga kuri address zikurikira; 

 ADDRESS

 IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, ku MUHIMA mu Nyubako yegeranye na HOTEL OKAPI Ikoreramo GENESIS TV muri Etaje IBANZA HASImuri 0 (Ground Floor)

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) / 0788865515 (WHATSAPP)

E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw