• Webmail
  •    
  • Call: (+250) 785686682/(+250) 788865515
Banner

KUGABANUKA K’UBUDAHANGARWA BW’UMUBIRI BITERA INDWARA ZIHORAHO;BYIRINDE HAKIRI KARE WIVUZA IMITI MYIMERERE IKOMOKA KU BIMERA.


Views: 159

Share your story:

Ubudahangarwa bw’umubiri bugereranywa n’abasirikare barinda umubiri ni ikintu gikomeye kuko nibwo buturinda indwara zitandukanye ntizidufate yewe twanarwara ntituzahazwe nubwo burwayi,ahubwo tugakira vuba.abo basirikare rero baturinda mikorobe aho zanyura hose ziza guhungabanye umubiri zikawutera indwara zitandukanye

Iyo ufite ubudahangarwabw’umubiri bwawe  bworoshye cyangwa se abasirikare bashinzwe kurinda umubiri wawe bari hasi , bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku buzima, kuko abasirikare bataba bagishoboye kurwanya mikorobe zitandukanye (yaba bagiteri, virusi cg imiyege), nuko ukibasirwa n’indwara z’ubwoko bwose.

DORE ICYAKWEREKA KO ABASIRIKARE BARINDA UMUBIRI BAGABANUTSE.

  1. Kugira umunaniro uhoraho
  2. Kugira umuriro mwinshi
  3. Kurwara umutwe igihe kinini
  4. Kugira ubwivumbure bw’umubiri
  5. Guhorana indwara zoroheje za hato na hato nka grippe,inkorora
  6. Guhora urwaye indwara ziterwa na mikorobe zirimo indwara z’uruhu,ibisebe,kubyimba ishinya,kurwara impiswi, n’izindi
  7. Gukonja intoki ,amano n’amatwi
  8. Kurwara uburwayi bwo gucibwamo(diarrhea) bikagera ku byumweru bibiri kugera kuri bine
  9. Kurwara impatwe (constipation)
  10. Kuma amaso(dry eyes),kugira ibikezikezi,
  11. Kuma k’uruhu,kwishimagura,kurwara ibiheri ku ruhu.
  12. Kuribwa  mu ngingo
  13. Gupfuka umusatsi n’ibundi bwoya buba ku mubiri ahantu hatandukanye
  14. Kurwara indwara z’ubuhumekero zirimo nk’umusonga ,ibicurane,sinezite,asima,n’izindi kenshi
  15. Kwangirika k’uruhu biturutse ku mirasire y’izuba ukarwara ibiheri,ugashishuka,nyuma yo kurijyaho
  16. Kugira isesemi
  17. Kumira uri kurya ukababara
  18. Guhindagurika kw’ibiro bikiyongera kandi utahinduye imirire yawe
  19. Kurwara uburwayi bwa vitiligo
  20. Kurwara indwara ya jaundice umuhondo ku ruhu no mu maso
  21. Kuribwa imitsi
  22. Kuribwa mu nda
  23. Kunanirwa guhumeka cya kudahumeka neza
  24. Kuma iminwa
  25. Kubabara mu bice bitandukanye bigize umubiri w’umuntu
  26. Kubabara mu gatuza
  27. Kurwara indwara y’agahinda gakabije
  28. Kugira ibibumbe mu maraso
  29. Kwitiranya ibintu
  30. Kurwara ibihaha,impyiko,n’umutima
  31. Kurwara indwara yo kubura amaraso

NIKI GITERA KUGABANUKA KW’ABASIRIKARE BARINDA UMUBIRI?

  1. Kunywa itabi ry’inshi n’inzoga
  2. Guhura kenshi n’uburozi bwo mu nganda (chemicals)
  3. Kuba ahantu hari ikirere cyanduye
  4. Umunaniro ukabije
  5. Gukoresha imiti imwe n’imwe
  6. Uruhererekane rwo mu muryango(genetics)
  7. Virus zitandukanye na bacteria(imiyege)
  8. Kugira isuku nkeya
  9. Gutinda kuryama
  10. Guhorana umujagararo(stress)
  11. Kunywa isukari nyinshi
  12. Kuryama utinze
  13. Kudakora sport
  14. Kurya indyo itujuje
  15. Kugira isuku nkeya
  16. Kudafata inking neza uko bikwiye
  17. Kugira ubushye bukabije
  18. Gukoresha imiti ivura kanseri
  19. Guca kenshi mu cyuma gikoresha imirasire(radiation)
  20. Uburwayi bwa diyabete
  21. Kurwara SIDA
  22. Kanseri zitandukanye nka  kanseri yo mu maraso
  23. Indwara zitandukanye zibasira inyama y’umwijima w’umuntu nka Hepatite B na C
  24. Gukoresha ibiyobyabwenge
  25. Kumara igihe kinini mu bitaro urwaye
  26. Gukoresha imiti ya antibiotic
  27. Kuba uri igitsina gore
  28. Kurwara umuvuduko ukabije w’amaraso

DORE UKO WAKWIRINDA KO ABASIRIKARE B’UMUBIRI BAGABANUKA

  1. Kwita ku mirire yawe;ukagabanya isukari
  2. Kurya ibikungahaye kuri omega-3 birimo amafi,chia seed
  3. Kurya cyane imbuto n’imboga
  4. Kwirinda ibirya bitera ubwivumbure bw’umubiri
  5. Gukora imyitozo ngorora mubiri ku buryo buhoraho
  6. Kwirinda infection zaterwa na virus ,bacteria,
  7. Kwirinda umujagararo(stress)
  8. Kwirinda kunywa itabi
  9. Kwirinda ko umubiri wawe wahura n’uburozi butandukanye
  10. Kurya ibiryo bikungahaye ku ntungamubiri ndodo ,ibirinda kanseri,
  11. Kwirinda kurya kenshi ibyakorerwe mu nganda
  12. Kwirinda kunya inzoga nyinshi
  13. Kunywa ibyo kunywa birimo isukari nyinshi yo mu ruganda
  14. Kugerageza kwiyiriza ubusa
  15. Kugenzura ingano ya calorie ufata
  16. Kora sport wishimiye nko kugenda,kwiruka,koga,kubyina,

 

Ese waba uzi ko hari imiti myimerere yafasha kuzamura ubudahangarwa bwawe?

Ushobora kuba ufite ubudahangarwa bw’umubiri buri hasi

Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).Iyo miti rero ikaba izamura abasirikare b’umubiri bigatuma ubudahangarwa buzamuka.Muri iyo miti twavugamo nka:Berry  oil,spirulina tablets,Ca+Fe+Zi capsules,multivitamin tablets,sunrise,vitamin C tablets,A-Power capsule,cordy rayal jelly capsules
Iyi miti ikozwe ijana kw’ijana mu bimera,nta zindi ngaruka igira ku mubiri w’umuntu.

                                    ADDRESS

                   IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, NYARUGENGE mu nyubako ya CHIC muri Etaje ya mbere winjiriye kuri MTN CENTER na UMUT-Restaurent,ni hejuru neza ya MTN muri CHIC ,Twegeranye na ACTION COLLEGE

Dukorera muri Etaje ya mbere (1), mu muryango wa E050

 Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)

E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw

 

IZINDI NKORANYAMBUGA