• Webmail
  •    
  • Call: (+250) 785686682/(+250) 788865515
Banner

Kurangiza vuba: IKIBAZO GIKOMEREYE ABAGABO BANSHI .DORE IMITI YAGUFASHA GUTANDUKANA NABYO BURUNDU


Views: 1787

Share your story:

Bavuga kurangiza vuba (Premature Ejaculation) ryari?

Kurangiza vuba (Premature Ejaculation) ni igihe umugabo asohoye cyangwa arangije byihuse  mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina mu buryo adashobora gucunga ubwe.Hari igihe usohora, nyuma y’akanya gato igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina  gitangiye cyangwa se bikaba utaranatangira ; mbese muri cya gihe cyo gutegurana.

Ubushakashatsi bwakozwe bwerekana ko umugabo 1 muri 5, agira ikibazo cyo kurangiza vuba igihe kimwe mu buzima bwe,bishobora kugera igihe bigashira cyangwa se bikagumaho.

Kurangiza vuba biterwa n’impamvu nyinshi zitandukanye zirimo:

  • Imisemburo itari ku rugero rukwiye
  • Infection mu nzira y’umuyoboro w’inkari kimwe no mu ruhago.
  • Kuba hari ibinyabutabire byitabazwa mu ihererekanya makuru ku bwonko (neurotransmitters) bitari ku rugero rukwiye
  • Indwara zitandukanye nka Diyabeti,Kanseri,indwara z’umutima,iz’Umwijima,……
  • Izituruka  mu mitekerereze, nko kuba ufite stress nyinshi, kwigunga n’ibindi bitandukanye bishobora kwibasira ubushobozi bw’ubwonko n’amarangamutima.
  • Kuba utamenyereye gukora imibonano mpuzabitsina,ukagira ubwoba ko warangiza vuba.
  • Kugira ubushake bwinshi bwo gukora imibonano mpuzabitsina.
  • Kuba utishimiye uwo mubana cg mufite ibibazo mu rukundo rwanyu,…

Dore inama kuri wowe ugira iki kibazo

1. Ongera ibiganiro n’uwo mwashakanye

Ikintu cya mbere gishimisha abashakanye ni ibiganiro bizira amakemwa ndetse mu gihe gutera akabariro byanze, kuganira kuri iki kibazo ni wo muti wa mbere.Mubwire ibiguhangayikishije ndetse n’ibyo wifuza. Abagore bamwe bacyeka ko kudashyukwa biterwa nuko uba utakimwishimiye akaba yakishinja amakosa atazi cyangwa akiyanga cyane cyane iyo hari impinduka yabaye ku mubiri we. Muganire kuri byose kandi mufatanye gushaka umwanzuro munakomezanye.

2.Banza ufate ikiruhuko

80% by’ibabazo bituma habaho kurangiza vuba ni umunaniro. Umunaniro n’umwanzi wa mbere w’imigenderekere myiza yo gutera akabariro hagati y’abakudana cyane ku mugabo. Mbere yo gukora iki gikorwa byaba byiza ubanje ugakaraba umubiri wose nyuma ugafata ikiruhuko gihagije uryamye. Si byiza ko wihutira gutera akabariro  kandi ugifite umunaniro n’ibibazo by’akazi wiriwemo.

3.Imyitozo ngororamubiri ni ingenzi

Duhora tubivuga kandi tuzakomeza tubibakangurira,gukora imyitozo ngororamubiri. Gukora imyitozo ngororamubiri bifasha umutima gutera neza ,bifasha imiyoboro y’amaraso gutembereza neza amaraso mu mubiri wose.Bityo bigafasha ubwonko ndetse n’imyanya ndangagitsina gukora neza.

4.Reka itabi,inzoga nyinshi ndetse n’ibindi biyobyabwenge

Kureka itabi ndeste n’ibindi biyobyabwenge ni byiza ku buzima ariko bikaba akarusho ku mugabo wifuza kutarangiza  vuba.

5.Irinde kwikinisha

Kwikinisha ni igikorwa kibi,cyakongerera ibyago byo kurangiza vuba,kuko bigabanya cyane umusemburo wa testosterone,ikindi kwikinisha byangiza intanga ngabo (spermatozoïde) zikaba ibihuhwe cyangwa ntizikorwe neza bikaba byaviramo umugabo kutabyara cya kuba ingumba. Kwikinisha kandi bituma udusabo twintanga tugwingira.

6.Kurya indyo yuzuye

 

     ICYITONDERWA

Ushobobora kuba utabanye neza n’uwo mwashakanye,bitewe cyane cyane n’uko urangiza vuba,ni byiza kugerageza ziriya nama twababwiye haruguru,gusa ubu muri Kigali habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera, ifasha abagabo bafite ibibazo byo kurangiza vuba, gucika intege mu gutera akabariro,kugabanya umunaniro ,kongera intanga ngabo zigakomera ntizibe ibihuhwe,kongera amasohoro,gutuma impyiko zikora neza,….  ndetse igatuma imisemburo ijya kuri gahunda.Irizewe kandi ikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga.Nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje.Muri iyo miti twavuga mo nka REVIVE CAPSULE ,Ca+Fe+Zi Plus, GOLDEN SIX ,CORDY ACTIVE,CORDY ROYAL JELLY

Nta ngaruka mbi igira ku muntu uyikoresheje kuko yizewe ku ruhando mpuzamahanga ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (Food and Drug Administration), GMP (Good manufacturing practice),.

Uramutse ufite iki kibazo cyo kurangiza vuba cyangwa se ufite ikibazo mu gutera akabariro wagana ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

 IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, NYARUGENGE mu nyubako ya Mic muri BASEMENT winjiriye kuri METROTECH, munsi ya RRA, umanutse muri escalier zihari uhita utubona twegeranye na SHARP DESIGNER LTD

Dukorera  muri Basement  mu muryango wa A1 (Basement, Door  A1) 

 Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) 

Ku bindi bisobanuro wasura urubuga rwacu ari

www.kundubuzima.rw

IZINDI NKORANYAMBUGA