
Umubyibuho ukabije ni ikibazo gihangayikishije benshi ku isi kuri ubu,no mu Rwanda ni ikibazo gikomeye kuko gihangayikishije benshi kandi gikomeje gufata indi ntera,kuko usanga indwara nyinshi zitandura izo twita(non communicable diseases) zirimo nka Diyabeti,umuvuduko ukabije w’amaraso,kanseri zitandukanye,umutima,…ziri guhitana benshi usanga ahanini ziterwa n’umubyibuho ukabije.
Umubyibuho udasanzwe uvugwa iyo ufite ibiro bitajyanye n’uburebure bwawe, ufite ibipimo bya BMI birenze 25 aha bikaba bivuze ko ufite umubyibuho udasanzwe.
Igipimo cya BMI ugipima ufata ibiro ufite ukabigabanya ubwikube bw’uburebure bwawe iyo ibyo ubonye biri hejuru ya 25 uba ufite umubyibuho ukabije naho byaba munsi ya 18 ukaba ufite ibiro bike ukeneye kubyongera.
Reka turebera hamwe rero ibitera umubyibuho ukabije,ingaruka zawo ndetse n’uko wabirwanya.
Umubyibuho ukabije uterwa n’iki?
Zimwe mu mpamvu zishobora gutera umubiri kubyibuha cyane harimo:
- Ibyo kurya byiganjemo ibinure cyangwa ibivuta, inyama cyane cyane zitukura n’ibizikomokaho.
- Kuryama amasaha menshi
- Ibyo kunywa birimo inzoga za rufuro, n’ibinyasukari ku bagore
- Kudakora sport, ibi biterwa nuko ibyo winjiza biba biruta cyane ibyo usohora. Sport ifasha ku muntu kongera igipimo cy’ibyo asohora.
6.Akoko, kuba ari ibintu karemano biri mu muryango wanyu.
7.Imikorere mibi y’umubiri kimwe n’indwara (urugero iyo imisemburo mu mubiri idakora neza)
8.Imiti imwe n’imwe nk’imiti yo mu bwoko bwa corticosteroids, imiti ivura kwiheba n’iyi gicuri. Iyi miti yose igabanya uburyo umubiri wawe ukoresha imbaraga, ikongera ubushake bwo kurya no kugabanya isohoka ry’amazi mu mubiri, ibi byose bigatera kubyibuha.
9.Imyaka. Uko ugenda ukura niko ugenda utakaza imikaya, cyane cyane iyo udakora sport zihagije. Gutakaza imikaya bitera umubiri kubura ubushobozi bwo gutwika calories, bityo iyo utagabanije ibyo urya uko ukura, ukomeza kubyibuha cyane.
10.Kutaryama. Abantu bataryama bakunda kurya indyo ituma bahorana imbaraga, bikaba byabatera kurya cyane ndetse byinshi, bityo bikaganisha k’umubyibuho udasanzwe
11.Gutwita. Abagore benshi iyo batwite ibiro byabo bikunda kwiyongera kugira ngo babashe gutunga neza abo batwite, iyo bamaze kubyara benshi kuba basubirana ibiro byabo birabananira. Ibi bikaba byatera umubyibuho udasanzwe igihe amaze kubyara kenshi
Ingaruka z’umubyibuho udasanzwe
- Ibyago byo kurwara indwara zibasira umutima byikuba 3 ugereranyije n’abandi kuko uko ubyibushye niko udutsi tw’amaraso tugenda twifunga cg rimwe na rimwe tuziba bikagira ingaruka ku muvuduko w’amaraso
- Ku bagabo, ingufu zo gutera akabariro ziragabanuka cyane ndetse hari n’abo byanga burundu
- Ku bagore, bashobora kugira ibibazo mu mihango yabo, ndetse no kuba ingumba rimwe na rimwe, ikindi uburyo bumwe bwo gukora imibonano mpuzabitsina burananirana, bishobora gutera ikibazo mu rugo.
- Bitera ubugumba kuko ubushyuhe bw’umubiri buriyongera bikica intanga, gukorwa kwazo biragabanuka
- Abagore benshi bibatera kubyara abana badashyitse (prématuré)
- Agasabo k’indurwe karabyimba kakazamo n’utubuye (gallstones). Bikabangamira igogorwa ry’ibiryo; imwe mu ngaruka ni constipation ihoraho
- Diyabete yo mu bwoko bwa 2 cg indwara y’igisukari, ibyago byo kuyirwara biriyongera kuko isukari ufite ntiba ikoreshwa uko bikwiye bitewe n’ibinure byinshi biri mu mubiri.
- Umubyibuho udasanzwe wongera ibyago bya kanseri zimwe na zimwe nk’iyi amara, amabere, nyababyeyi n’uruhago.
- Kubura ibitotsi.
- Tugiye hanze y’ubuzima, kubera akenshi uba ubona uteye nabi bigutera ipfunwe bityo ukaba watanga umusaruro mucye muri sosiyete.
Dore ibyo ugomba kwirinda gukoresha cyane niba ushaka kunanuka :
- Kwirinda ibiribwa bikungahaye ku mavuta menshi.
- Irinde kunywa za fanta (nibindi binyobwa biva mu nganda)
- Nywa amazi menshi (amazi asukuye) byaba byiza ukoresheje aya kazuyaze
- Hagarika kurya ibiribwa byaciye mu mavuta (amafiriti,…), ice creams, ama cakes,
- Irinde kurya inyama zitukura kenshI
- Irinde gukoresha cyane isukari bibaye byiza wakoresha ubuki
- Ntukarye uhuze (ntukarye uri kureba televiziyo cyangwa filimi , bituma urya byinshi kandi utatekerejeho)
- Jya ugerageza kuryama bihagije
- Gabanya kureba televiziyo
- Kora imirimo yo mu rugo
- Genda wihuta
- Gerageza kutaguma hamwe
- Jya ugerageza gushaka umwanya wo gukora sport byibura inshuro eshatu mu cyumweru.
Ubu rero ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE cyabazaniye icyayi cyizewe ku ruhando mpuzamahanga cyitwa TE DIVINA kigizwe n’ubwoko bw’ibyatsi butandukanye bugera kuri 12 kikaba gikozwe mu buryo nta ngaruka cyagira ku wagikoresheje kandi kikaba gifite ubushobozi bwo gukura imyanda ndetse n’uburozi mu mubiri ;ariko kikaba cyihariye mu gufasha abantu gutakaza ibiro bitagusabye kureka ibiryo cyangwa gukora sport. ikindi iki cyayi kizwiho gukuraho inda ndetse n’ibicece kuburyo bwihuse
DORE AKAMARO GATANDUKANYE KA TEDIVINA NDETSE N’AHO WAYIKURA
- Te divina ifasha cyane mu gutakaza ibiro
- Ikura imyanda mu mubiri ikomoka ku byatunganirijwe mu nganda(produits chimique)
- Ifasha guhora ufite imbaraga mu mubiri
- Irinda ikanavura kubura ibitotsi
- Ikura imyanda mu mubiri itera inzoka zitandukanye
- Irinda ikanavura uburwayi bwo ku gugarirwa
- Irinda ikanavura uburwayi bw’umwingo(goitre)
- Irinda ikanavura agahinda gakabije(depression)
- Irinda ikanavura uburwayi bwo mu ngingo,uburwayi bw’amagufwa ,imitsi na rubagimpande
- Ivura impatwe (constipation)
- Irinda ikanavura umuvuduko ukabije w’amaraso
- Iringaniza imisemburo ku bagabo n’abagore
- Ikiza vuba inkorora yabaye karande(toux chronique) ndetse n’indwara z’ubuhumekero nka asima,sinezite,…
- Irinda ikanavura indara zitandukanye z’uruhu
- Irinda kanseri zitandukanye
- Ikura imyanda mu maraso bityo rero itembera ry’amaraso rigakorwa neza
- ikora uturemangingo dushya tw’umubiri
- Izamura ubudahangarwa bw’umubiri
- Iringaniza igipimo cy’isukari mu maraso
- Irinda uruhu gusaza imburagihe
- Ikura imyanda mu mubiri itera kanseri mu mubiri
- Ikura ibinure bibi (graisses) mu mubiri ndetse n’urugimbu rubi(cholesterol mu maraso
- Ikuraho inda ndetse n’ibicece (ibinyenyanza)
- Irinda ikanavura kanseri ya prostate
- Irinda ikanavura infection
- Yongera ubushake ku bagabo N’abagore ndetse n’uburumbuke (fertilite)
- Yongera oxygene mu bwonko ikanavura stress
- Irinda umunaniro w’ubwonko (concentration)
- Irinda ikanavura ibisebe byo mu gifu(ulceres gastriques)
- Irinda ikanavura ku murika(hemoroides)
- Ikiza ububabare ku bagore n’abakobwa bari mu mihango
- Ikuraho ibibyimba bifata nyababyeyi ku bagore n’abakobwa
- Irinda guhindagurika ku kwezi k’umugore
- Irinda uburwayi bwa hepatite ndetse na typhoїde
UKO IKI CYAYI GITEGURWA
Canira litiro enye(4) z’amazi abire namara kubira ufungure ka gapaki ukuremo agasashe (teabag) karimo ugashyire mu mazi hanyuma ugabanye umuriro utegereze iminota 10-15 ,hanyuma uzimye umuriro ushyire ya mazi mu kajerekani keza gafite isuku ihagije utegereze bihore
NB:Ugomba kugitegura ku masaha ya
nimugoroba hanyuma ugatangira
kugikoresha ku munsi ukurikiraho
ni byiza ku kinywa gishyushye kugirango ubone impinduka zihuse.
Kugishyushya uteka amazi akabira ;ukayakura ku ziko hanyuma agaterekamo agatasi karimo cya cyayi gikonje wari ugiye kunywa .
UKO GIKORESHWA
Ukoresha agapaki kamwe mu cyumweru ukanywa udutasi duto tubiri(2) ku munsi nyuma yo gufata amafungo mu gitondo na ni mugoroba .
ICYITONDERWA
Umugore utwite ndetse n’uwonsa ntibemerewe kugikoresha.
ADDRESS
IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, NYARUGENGE mu nyubako ya CHIC muri Etaje ya mbere winjiriye kuri MTN CENTER na UMUT-Restaurent,ni hejuru neza ya MTN muri CHIC ,Twegeranye na ACTION COLLEGE
Dukorera muri Etaje ya mbere (1), mu muryango wa E050
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
E-mail: kundubuzimahealthcare@gmail.com
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
www.kundubuzima.rw
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, NYARUGENGE mu nyubako ya CHIC muri Etaje ya mbere winjiriye kuri MTN CENTER na UMUT-Restaurent,ni hejuru neza ya MTN muri CHIC ,Twegeranye na ACTION COLLEGE : Dukorera muri Etaje ya mbere(1) ,mu muryango wa E050
Telephone: (+250) 788865515
Email: info@kundubuzima.rw