
ANXIETY tugenekereje mu Kinyarwanda n’umuhangayiko,kugira inpungenge,amaganya ;ni indwara irangwa n’ubwoba bukabije,umuhangayiko birangwa n’imyitwarire n’amarangamutima bihindagurika.
NI IKI GITERA ANXIETY?
- Ibibazo byo mu muryango kuba mu muryango harimo umuntu waba yararwaye iyi ndwara
- Kubaho ubuzima bw’umuhangayiko n’umujagararo
- Kubura inshuti wakundaga cyangwa se umunyamuryango wawe
- Kuba ufite uburwayi bw’umwingo,asima,diyabete cyangwa indwara z’umutima
- Abantu barwaye indwara ya depression
- Abantu bakoresha ibiyobyabwenge
- Abantu bakoresha inzoga nyinshi
- Abantu bafite imyitwarire imwe n’imwe nko: kuyoborwa cyangwa gutegekwa, gushaka gushyira ibintu ku murongo
IBIMENYETSO BYA ANXIETY
- Kugira umunabi
- Guhorana umunaniro ndetse n’uwubwonko niyo waba waruhutse
- Gutera cyane k’umutima
- Kugira umujagararo mu bwonko ukumva udatuje
- Guhumeka insigane
- Kugira ibyuya byinshi
- Gutengurwa
- Kumva ucitse integer cyangwa unaniwe
- Kutabasha kugira intumbero ku bintu runaka
- Kutabasha gutekereza neza nk’ibisanzwe
- Kubura ibitotsi ukananirwa gusinzira mu ijoro
- Kugira indwara zo mu nzira y’igogora
- Kunanirwa gucunga amarangamutima yawe igihe uhuye n’ikibazo
- Kubabara mu gatuza cyane
- Uburwayi bw’igifu
- Uburwayi bw’umutwe n’isereri
- Kubabara umugongo ndetse n’umubiri wose
- Kokererwa mu gihe cyo kwituma
- Guhekenya amenyo usinziriye byumwihariko mu ijoro
- Kugira isesemi ukumva umeze nk’urwaye
- Gushaka kujya ku musarane kenshi cyangwa se bikagabanuka cyane
- Kutagenda neza mu gutera akabariro yaba ku bagabo cyangwa ku bagore
- Guhora wikanga ibintu bibi ,guhorana ubwoba
- Kubona isi yihuta cyangwa igenda gahoro
- Kumva abantu bose babona ko urwaye cyangwa se bakureba
- Guhora wihebye kandi ukumva n’ubihagarika hari ibibi birakubaho
- Kumva abantu baora iruhande rwawe cyangwa se ukagirango abanda barakurakariye barakugirira nabi
- Kugira agahinda gakabije
- Gutakaza ubwenge
- Kumva ufite ubwoba bw’ahazaza nibizaba
- Gushaka kwiyahura
UKO WAKWIRINDA ANXIETY
- Uburyo bwo kuyirinda n’ukwihutira kuja kwa muganga mu gihe ubonye bimwe mu bimenyetso twavuze hejuru,
- Gukora ibintu wishimira
- Gerageza kwirinda inzoga n’ibiyobyabwenge niba hari ibyakubase
- Gabanya ikawa niba uyinywa cyangwa ibintu birimo caffeine
- Gerageza kurya indyo yuzuye
- Gerageza gusinzirira ku gihe kdi amasaha agenwe
- Gerageza gukora imyitozo ngorora mubiri ihoraho kandi ihagije
- Jya urya indyo yuzuye buri munsi kandi unywa amazi ahagije nibura 2l ku muntu mukuru
- Rya kenshi ibinyampeke,imboga n’imbuto,ibikungahaye kuri manyezitumu,zinc,omega -3,na vitamin B zitandukanye
Ubu rero IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE ryabazaniye imiti ikoze mu bimera ijana ku ijana(%) ikaba ishingiye ku buvuzi gakondo bw’abashinwa ,abanyamerika na Malaisia ikoreshwa ku rwego mpuzamahanga kandi ikaba yizewe kuko ihabwa ubuziranenge bw’ibigo mpuzamahanga byita ku miti n’ibiribwa ireba ko nta byangiza ubuzima bwa muntu ibyo bigo ni nka :FDA(Food and Drugs Administration),GMP(Good Manufacturing Practice) na HALLAL(ikigo cyabayisilamu kigenzura imiti n’ibiribwa ko bitangiza ubuzima bw’umuntu (hamfull)
Iyi miti ikaba ihangana n’uburwayi bwa anxiety
Muri iyo miti twavuga nka: Anxiety & stress,spirulina Tablet,Ca+Fe+Zi plus capsules, Deep Sea Fish Oil,Melatonin Capsules,Golden Six capsules
ADDRESS
IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye ahategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere
Umuryango wa D055A2 Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Mwanasura urubuga rwacu rwa youtube arirwo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu mujyi wa KIGALI mu nyubako ya CHIC muri Etage ya 0 ;Umuryango D55A2
Telephone: (+250) 788865515
Email: info@kundubuzima.rw